Breadcrubs-image

BAMWE MU BAKINNYI BAKOMOKA MURI THEWINNERS FTC BAKOMEJE KWITWARA NEZA MU MAKIPE BARIMO.

single

NGABO Mucyo Fred muri APR FC

Ngabo mucyo Fred aho yaravuye mu ishuri ryigisha umupira rizwi ku izina rya The Winners Football Training Center yahise yakirwa na AS MUHANGA.
Nyuma yo gukomeza kwitwara neza mu kibuga cy’umupira w’amaguru nibwo yagiye muri APR FC . akaba agaragara ku ifoto yambaye inkweto Z’umutuku ashaka ballon (attack).

NDAYISHIMIYE Dieudonne mu AMAGAJU FC

NDAYISHIMIYE Dieudonne n’abayobozi ba AMAGAJU FC yerekanwa kumugaragaro.
Aha ni nyuma yo gusinyira ikipe y’AMAGAJU FC mu gihe cy’imyaka 2 ku ntizanyo ya THEWINNERS FOOTBALL TRAINING CENTER.

Batatu mu ikipe ya AS MUHANGA

Abakinnyi 3 bakuriye muri THEWINNERS FOOTBALL TRAINING CENTER mu bakinnyi ba AS MUHANGA babanjemo mu mukino wa bahuje na APR FC mu irushanwa rya championnat y’icyiciro cya mbere AZAM Premier League.
Umuzamu wambaye Umuhondo JACQUES uwa kabiri uvuye ibumoso ,NGABO MUCYO Fred uwa kabiri uhereye iburyo na NDAYISHIMIYE Dieudonne uwa kabiri mubahagaze inyuma uhereye ibumoso

Top